Day 362

Apostle Dr. Paul M. Gitwaza

Isezerano ry'umunsi: "Ugize igihe unyura mu nyanja y'umubabaro, igihe ni iki ngo nyikamye uko meze ugendere mu izina ryanjye!"


Zekariya 10:11-12 [11] Azanyura mu nyanja y’umubabaro, akubite imiraba yo mu nyanja. Imuhengeri ha Nili hazakama, ubwibone bwa Ashuri buzacishwa bugufi, n’inkoni y’umwami wa Egiputa izavaho. [12] Nanjye nzabaha gukomerera mu Uwiteka, na bo bazagendera mu izina rye. Ni ko Uwiteka avuga.