Day 323
Apostle Dr. Paul M. Gitwaza
Isezerano ry’umunsi: "Nubwo watawe ukiri muto kandi ababyeyi ntibakwiteho, igihe kirageze ngo nkwiteho."
Ezekiyeli 16:5-6: 5 Nta wakurebanye imbabazi kugira ngo agukoreho ibyo akugiriye ibambe, ahubwo watawe ku gasozi ku munsi wavutseho kuko wagawaga.
6“ ‘Nuko nkunyuzeho mbona wigaragura mu ivata ryawe ndakubwira nti “Nubwo uri mu ivata ryawe ubeho.” Ni ukuri narakubwiye nti “Nubwo uri mu ivata ryawe ubeho.”