Ejo hazaza ha buri kimera hagenwa n’ubwiza n’umwimerere bw’iyo mbuto | #AH24

Mugisha ni umukozi w’Imana ufite icyiciro cya mbere cya kaminuza muri Singapuru, icya kabiri cya kaminuza muri tewologiya ari no kwiga icyiciro cya gatatu muri Global leadership university. Akora umwuga wo kwigisha no gutoza imbwa akanazicuruza mu bihugu bitandukanye.

Afite amateka y'uko se yasize nyina nta butaka bagiraga ariko yagiye azamuka kubera umwuga wo gutoza imbwa. Umunsi umwe umuntu yamusabye kumugurisha imbwa ye yitwaga Panda ariko arabyanga. Uwo mugabo yakomeje kumwinginga, kugeza ubwo yamubwiye kumugurira iyo mbwa ku giciro cy’isambu namadorari 300. Uwo mugabo yarabyemeye amuha iyo sambu ayita Panda land.

Pastor Henry MUGISHA

Ejo hazaza ha buri kimera hagenwa n’ubwiza n’umwimerere bw’iyo mbuto
Iyo urufatiro rupfuye n’ibindi birapfa.

umwimerere ugena abantu uzabona Afrika dukeneye abantu b’umwimerere bazana ibisubizo. Hari imbuto iri kubibwa muri wowe ngo usubireyo uhindure igihugu cyawe, abantu bawe. Imbuto imaze imyaka 24 ibibwa muri Afrika ni imbuto y’umwimerere. Itorero rizatoza Afrika rikoreshejwe n’Umwuka Wera.Itorero ni wowe nanjye.

Ni iki gitera amatorero yacu gucikamo ibice?Imbuto yabyaye itorero rya Afrika na Afrika y’i Burasirazuba ni yihe? Ni nde wazanye ubutumwa bwiza? Abantu batatu batangiye ububyutse muri Afrikay’i Burasirazuba Eduard Jochurch umuganga wakoraga i Gahini. Never exchange the son from the Father. Ububyutse bwatangiye muri Azuza mu 1906, buzanywe na William Simon wari umwirabura ariko yigumuye kuri se wo mu mwuka Charles Farmer. Ntuzagurane umwana kuri Se. Abandi bafatanyije na  Eduard Jochurch, Simeon Sibambi,Mebo Enson na Blaise Kigozi nibo batangiye ububyutse i Ghini muri 1935 bugera i Kabare muri Uganda.Tugomba kwirinda kwanduza umwimerere tukagira urufatiro ruzima ntitube ibirara mu mwuka.
Yohana 8,32 Muzamenya ukuri kuzababatura Iyo umenye ukuri ikibazo cyawe kirakemuka.
Yesaya 48,17
Mwuka wera arahishura ahindura imitekerereze yacu Afrika irahinduka.Mwuka wera aratuyobora, Imana irahagurutsa abagabo n’abagore busuyemo ibirimi by’umuriro buzuye Umwuka Wera ngo badutoze. Tugomba kwemera gutozwa kugirango natwe tuzatoze abandi ibyo badutoje natwe tuzabishyire mu bandi.Iyo ufite icyiza ntabwo uzamenya ko ari cyiza kugeza igihe kikuviriyeho. Nudasobanukirwa umwimerere w’ mutoza wawe abandi bazabimenya.Iyo imbuto ari umwimerere ibitangaza bizaba.
Ubuhamya bw’ukuntu baguze ikibanza cy’itorero mu gihe cya  guma mu rugo ya Kovide 19. Nyirikibanaza yashakaga amadorari 63000 yishuwe ako kanya. Umwuka Wera ni umufasha wawe kandi azaguha icyerekezo. Basabye iminsi 60 yo kwishyura bafata igihe cyo gusenga. Bafashe amadorari 10000 bayabiba ku rundi rusengero rwari ruri kubaka.Bakoze gahunda ko nihagira uhindura gahunda buri wese azishyura 2000$.Umugabo w’incuti ye yamuhaye amadorari yaburagaho 10000 bajya kwishyura ikibanza.

Hari umufasha ugiye kukuyobora.Urabona amafaranga kuri buri nzozi zose ufite. Umukozi w’Imana ntabwo asabiriza, ntabwo dusaba abazungu, ni iki kikubwira ko ufite amafaranga? Kuko nabo hari ubwo baba ari abakene. Ni iki ureba ? Icyo ureba nicyo wakira, urareba daimoni cyangwa urareba zahabu?Rekeraho kurira kandi ufite Umwuka Wera, rekera aho kubwira abantu ibyo udafite ahubwo bwira Umwuka Wera ibyo udafite. Ntugashake inguzanyo yo kwiga ufite umufasha.Ubuhamya ko yagiye kwiga agasaba ngo bamufungurire system yo kwiga PhD nta mafaranga afite nyuma y’iminsi ibiri, abona email y’amadorari 48.000 , yasoje avuga ko iyo ukoranye neza na mwuka wera Kandi warakuriye ku rufatiro ruzima Imana ibana Nawe.
Posted in ,

Recent

Archive

 2024
 2023
 July
Global Youth Arise: A Transformative Journey to a purposeful lifeGlobal Youth Arise: Building Families on a firm foundationGuide to preparing for the courtship processYouth Arise Day 2 Revival Service: Whom shall I send?Mkutano wa vijanaGlobal Youth Arise Day 2: Unveiling your divine callingApostle Gitwaza revealed seven primary callingsSpeech | Apostle Dr Paul Gitwaza | Africa Haguruka 2023 Ijambo rya Apostle Dr Paul Gitwaza | Africa Haguruka ku nshuro ya 24Africa Haguruka 2023 - Mountain of FamilyOpening Remarks by Archbishop MbandaApostle Dr Paul Gitwaza Unveils Africa's Rich History: Africa's Rich Legacy as a Reflection of God's Divine Plan for Humanity"Africa Haguruka Day 3 - Mountain of EducationIndangagaciro 10 zafasha Afurika gutera imbere | Africa Haguruka 2023 Embracing the Mentorship of God - A Call to Africa's RevivalAfrika Inuka 2023 | Siku ya 2 | Mlima wa FamiliaMulima wa Elimu: Njia Iletayo MageuziSALVATION IS NOT A BOREDOM: Spread the Gospel and embrace the world's diversity through art and entertainmentUmunsi wa 4 w'igiterane cya Afrika HagurukaShifting Foundations and Unveiling a New Destiny | AH24tume Linda Gobodo amtangaza yesu christ kuwa Mshauri mkuu zaid duniani hajapataUnlocking Business Potential | Africa Haguruka 2023Africa Haguruka 2023: Umusozi w'UbucuruziAFRICA ARISE 2023: Apostle Linda Gobodo Declares Jesus Christ as the Greatest Mentor the World Has Ever SeenUmwuka wera nk'umutoza wa AfrikaMkutano wa Uamusho: Simama kwenye msingi imara | Siku ya 4A Call for Transformation and MentorshipUmunsi wa 5 w’igiterane cy’Africa Haguruka | #AH24Umusozi w'idini | Afrika Haguruka 2023Empowering transformation through mentorship and the holy spirit at Mount Hermon, KigaliEjo hazaza ha buri kimera hagenwa n’ubwiza n’umwimerere bw’iyo mbuto | #AH24Empowering Transformation for God's GloryGod Will Bless African, A Blessing That Will Change the Way the Entire World Perceives the ContinentMwito wa mageuzi na ushahuriKumenya umutoza wa Afrika wifashishije ibyayihinyuje ndetse n'ibyiringiro byayoUnravelling the secret code of Africa's evolution A Journey of Challenges and HopeThe Distinguishing Traits of Church Leaders Mentored | Africa Haguruka 2023The Church in Africa Must Seize and Own the Stick of Command

Categories

Tags